Sports

Abanyeshuri bari gukora siporo nziza yo kubafasha

by GIHEKE TSS SCHOOL on | 2024-04-30 03:29:15

Share: Facebook | Twitter | Whatsapp | Linkedin Visits: 157


Abanyeshuri bari gukora siporo nziza yo kubafasha

Aho ubuyobozi bushya bwaje hatangiye gukorwa siporo ya mucaka ijya iba buri wa gatandatu ndetse hagahita haba itorero n’ amasuku rusange agakorwa.

 

Iyi siporo itagwaza mbere yuko iba kugira ngo abanyeshuri bayitegure mugitondo.

Abanyeshuri babyuka saa kumi nimwe n’ igice bagakora siporo mu mihanda ya giheke bayizenguruka abashoboye bagakomeza kandi ubuyobozi buvuga ko iyi siporo ari itegeko ko buri munyeshuri ategetswe kuyibonekamo .

 

Twabajike ku ruhande rwa banyeshuri tubabaza uko siporo bayifata badusubije ko ntacyo itwaye ahubwo ibafasha kugororo imibiri yabo kuko  birirwa mu mashuri yabo biga.

 

Bongera kuvugako iyo umunyeshuri agize ikibazo  akumva arwaye ko abisabira uruhushya akaguma mu kigo yitabwago cyangwa agahabwa uruhushya rwo kujya kwa mugaganga.

 

Nyuma yuko bavuye muri siporo hatangirwa ibitekerezo ndetse hagakorwa n’ itorero rifasha abanyeshuri kwiga imyitwarire na kirazira n’ agaciro no gukunda igihugu.


Leave a Comment